U Bushinwa bwahaye gasopo abatumva impamvu y’imyitozo ikaze bwakoreye hafi ya Taiwan

Igisirikare cy’u Bushinwa, cyatangaje ko imyitozo ya gisirikare kirimo hafi y’Ikirwa cya Taiwan, yemewe ndetse ari n’uburyo bwo kwitambika ibindi bihugu bishaka kubangamira ubumwe bw’iki gihugu. Ni ibyatangajwe nyuma y’imyitozo yatangiye ku wa 29 Ukuboza 2025, mu bice bizengurutse ikirwa cya Taiwan. Ni imyitozo ikakaye izwi nka ‘Justice Mission 2025’ U Bushinwa bugaragaza ko ari…

Read More

Perezida Kagame yashimiye RDF n’izindi nzego z’umutekano ku bwitange n’umurava byabaranze muri 2025

Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yashimiye Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’abandi bagize inzego z’umutekano bitanga batizigama mu gusigasira umutekano w’imbere mu Gihugu no mu bundi butumwa butandukanye. Ni ubutumwa Umukuru w’Igihugu yabageneye mu gusoza umwaka wa 2025, anabifuriza Umwaka Mushya Muhire wa 2026. Perezida Kagame yavuze ko muri iki gihe cyo gusoza…

Read More

Mu 2025 yakiriye abakiliya ibihumbi 13: Grand Legacy Hotel yashimiye uruhare rw’abakiliya mu iterambere ryaryo

Grand Legacy Hotel yifatanyije n’abagayina mu birori ngarukamwaka bibinjiza mu minsi mikuru ya Noheri n’Ubunani bizwi nka ‘Christmas Tree Lighting’, bashimirwa imikoranire myiza bagirana, ibizeza gukomeza kubaha serivisi ibanogeye. Ni ibirori byabaye ku wa 12 Ukuboza 2025, bibera aho Grand Legacy Hotel ikorera i Remera, bikaba byitabiriwe n’abayobozi mu nzego zitandukanye, abakora muri iyi hoteli,…

Read More

YouTube igiye kwishyura 35,539,620,500 Rwf mu rwego rwo kurangiza urubanza Donald Trump yayishoyemo

Urubuga rwa YouTube ruyobowe na Alphabet (Google), rwemeye kwishyura Donald Trump miliyoni $24.5 z’amadolari [35,539,620,500 Frw] mu rwego rwo kurangiza urubanza rwari rumaze imyaka ruregwamo na Donald J. Trump. Uru rubanza rwatangiye mu mwaka wa 2021 nyuma y’uko YouTube ihagaritse konti ya Donald Trump mu gihe cy’imvururu zo ku wa 6 Mutarama ubwo Abanyamerika batezaga…

Read More