admin

Rayon Sports yongeye kubura intsinzi

Rayon Sports yari yatsinze ibitego bibiri mu gice cya mbere, inganyije na Al-Merrikh ibitego 2-2 mu mukino w’Umunsi wa 15 wa Shampiyona. Gikundiro igize amanota 25 ku mwanya wa cyenda, ndetse yujuje imikino itatu yikurikiranya idatsinda. Ku wa Gatandatu, iyi kipe yambara ubururu n’umweru izakirwa na Mukura VS i Muhanga. Al-Merrikh yo yagize amanota 32…

Read More

U Bushinwa bwahaye gasopo abatumva impamvu y’imyitozo ikaze bwakoreye hafi ya Taiwan

Igisirikare cy’u Bushinwa, cyatangaje ko imyitozo ya gisirikare kirimo hafi y’Ikirwa cya Taiwan, yemewe ndetse ari n’uburyo bwo kwitambika ibindi bihugu bishaka kubangamira ubumwe bw’iki gihugu. Ni ibyatangajwe nyuma y’imyitozo yatangiye ku wa 29 Ukuboza 2025, mu bice bizengurutse ikirwa cya Taiwan. Ni imyitozo ikakaye izwi nka ‘Justice Mission 2025’ U Bushinwa bugaragaza ko ari…

Read More

Uko AI iri guhindura akazi n’ubuzima bwa muntu

Hari ibiganiro byinshi ku byerekeye AI (Ubwenge bw’Ubukorano), harimo n’imyumvire itandukanye ku buryo AI izaduhindura, izaturokora cyangwa ikadutangaza. Ariko ukuri si nk’ibivugwa cyane; ni ibintu bifite ubugenzuzi bwinshi. Inkuru ya Forbes yanditswe na Dr. Tracy Brower, ivuga ko AI izahindura akazi kandi izahindura uburyo tubona ubuzima bwacu bwa buri munsi. Iki gihe ni ingenzi gushishoza,…

Read More

Impamvu abayobozi 890 b’Ibigo by’Amashuri bakuwe mu nshingano bakagirwa abarimu

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko abayobozi b’amashuri bagera kuri 890 bakuwe ku myanya yabo y’ubuyobozi nyuma y’isuzuma ryimbitse ry’imikorere ryamaze hafi umwaka umwe rikorerwa abayobozi b’amashuri abanza n’ayisumbuye hirya no hino mu gihugu. Iryo suzuma ryakorewe abayobozi b’ibigo by’amashuri 5,277, barimo abarimu bakuru b’amashuri abanza bagera ku 1,415, abarimu bakuru b’amashuri yisumbuye bagera ku 1,664, abayobozi 773 bashinzwe imyitwarire ndetse n’abashinzwe…

Read More

Perezida Kagame yashimiye RDF n’izindi nzego z’umutekano ku bwitange n’umurava byabaranze muri 2025

Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yashimiye Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’abandi bagize inzego z’umutekano bitanga batizigama mu gusigasira umutekano w’imbere mu Gihugu no mu bundi butumwa butandukanye. Ni ubutumwa Umukuru w’Igihugu yabageneye mu gusoza umwaka wa 2025, anabifuriza Umwaka Mushya Muhire wa 2026. Perezida Kagame yavuze ko muri iki gihe cyo gusoza…

Read More

Abaraperi bari aba cyera! Bruce Melodie ku ndirimbo The Ben yamwibasiyemo

Bruce Melodie yagaragaje ko yumvise ubutumwa yagenewe na The Ben binyuze mu ndirimbo nshya yashyize hanze yitwa ‘Indabo zanjye’, icyakora ahita amunnyega amwibutsa ko abaraperi bari aba cyera. The Ben na Bruce Melodie bari kuryoshya imyidagaduro bikomeye binyuze mu buryo bari guterana amagambo mbere y’igitaramo kizabahuza tariki 1 Mutarama 2026, nyuma yo gukorerana indirimbo intambara…

Read More

Mu 2025 yakiriye abakiliya ibihumbi 13: Grand Legacy Hotel yashimiye uruhare rw’abakiliya mu iterambere ryaryo

Grand Legacy Hotel yifatanyije n’abagayina mu birori ngarukamwaka bibinjiza mu minsi mikuru ya Noheri n’Ubunani bizwi nka ‘Christmas Tree Lighting’, bashimirwa imikoranire myiza bagirana, ibizeza gukomeza kubaha serivisi ibanogeye. Ni ibirori byabaye ku wa 12 Ukuboza 2025, bibera aho Grand Legacy Hotel ikorera i Remera, bikaba byitabiriwe n’abayobozi mu nzego zitandukanye, abakora muri iyi hoteli,…

Read More

Miss Nishimwe Naomie yamuritse igitabo cye ‘More than a crown’

Miss Nishimwe Naomie wegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2020, ku wa 14 Ukuboza 2025 yamuritse igitabo cye yise ‘More than a crown’ mu birori byabereye muri Kigali Convention Centre. Ni ibirori byitabiriwe n’abantu batandukanye biganjemo inshuti ze, abavandimwe be n’abakunzi be bari baguze itike yo kwitabira iki gikorwa. Mu bitabiriye iki gikorwa harimo…

Read More