Ali Kiba yagarutse i Kigali nyuma y’imyaka 7
Mu ijoro ryo kuri uyu wa mbere, umuhanzi Ali Kiba wo mu gihugu cya Tanzania yageze i Kigali aho yitabiriye igitaramo “The Last Night by Kevin Kade” akaba ari nyuma y’imyaka umunani uyu mugabo adataramira i Kigali. Akigera i Kigali, yavuze ko ananiwe ataza kuganira n’itangazamakuru ariko avuga ko yishimiye kugera mu Rwanda ndetse ko…

