Abaraperi bari aba cyera! Bruce Melodie ku ndirimbo The Ben yamwibasiyemo

Bruce Melodie yagaragaje ko yumvise ubutumwa yagenewe na The Ben binyuze mu ndirimbo nshya yashyize hanze yitwa ‘Indabo zanjye’, icyakora ahita amunnyega amwibutsa ko abaraperi bari aba cyera. The Ben na Bruce Melodie bari kuryoshya imyidagaduro bikomeye binyuze mu buryo bari guterana amagambo mbere y’igitaramo kizabahuza tariki 1 Mutarama 2026, nyuma yo gukorerana indirimbo intambara…

Read More

Miss Nishimwe Naomie yamuritse igitabo cye ‘More than a crown’

Miss Nishimwe Naomie wegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda mu 2020, ku wa 14 Ukuboza 2025 yamuritse igitabo cye yise ‘More than a crown’ mu birori byabereye muri Kigali Convention Centre. Ni ibirori byitabiriwe n’abantu batandukanye biganjemo inshuti ze, abavandimwe be n’abakunzi be bari baguze itike yo kwitabira iki gikorwa. Mu bitabiriye iki gikorwa harimo…

Read More

Marina yavuze ku bujura bw’indirimbo ’Paje’ akomeje gushinjwa

Ku mbuga nkoranyambaga, hakomeje gusakazwa amashusho agaragaza ko indirimbo nshya Marina aherutse gusohora yise ’Paje’, ari iyo yaba yaribye umwana w’umuhanzi ukizamuka. Nyuma y’uko iyi ndirimbo igiye hanze, ku mbuga nkoranyambaga hahise hasohoka amashusho agaragaza ko iyi ndirimbo isa isa neza n’iy’umuhanzi ukizamuka witwa ‘Muda B’. Abo ku ruhande rwa Marina ntibemeranya n’abavuga ko iyi…

Read More

Darest wo muri Juda Muzik yakoze ubukwe

Ishimwe Prince wamenyekanye nka Darest mu itsinda Juda Muzik, yakoze ubukwe n’umugore we Iradukunda A. Souvenir usanzwe atuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ni ubukwe bwabereye ahitwa Golden Garden ku i Rebero ku wa 7 Ukuboza 2025 ahabereye imihango yo gusaba no gukwa no gusezerana imbere y’Imana mbere y’uko yakira abatumiwe. Ubukwe bwa Darest…

Read More

Yabyinishije Abanya-Kigali biratinda: Ibyaranze igitaramo cya Davido muri BK Arena (Amafoto)

Davido uri mu bakomeye mu muziki wa Afurika yakoreye igitaramo cy’amateka muri BK Arena, cyaranzwe n’ubwitabire buri hejuru. Uyu muhanzi yageze mu Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu munsi, mbere y’amasaha make ngo iki gitaramo cye kibe. Reba ibyaranze igitaramo cya Davido i Kigali: 23:25: Davido ageze ku rubyiniro Davido wari utegerejwe na benshi mu…

Read More